Ubufatanye bwa Polisi y’u Rwanda n’izindi nzego bwatumye umusore wari wibiye muri Nyarugenge ahitwa Quartier Commercial miliyoni Frw 2 afatirwa mu Murenge wa Ruramira mu Karere ka Kayonza mu Ntara y...
Umubikira uyobora Ikigo Nderabuzima cy’i Kivumu mu Karere ka Rutsiro akurikiranyweho icyaha cyo ‘kwirengagiza’ gutabara umuntu uri mu kaga. Bivugwa ko yinangiye yanga gutanga imbangukiragutabara y’ibi...
Ibihugu Bya G7 byari bisanzwe biyobora isi mu rwego rw’ubukungu biri kuvanwa kuri uyu mwanya n’ibigize irindi tsinda bita BRICS. Umutungo w’abaturage b’u Bushinwa, Brazil, u Burusiya, u Buhinde n’Afur...
Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron yavuze ko Abanyaburayi bagomba kureka gukomeza gutegera amaboko Abanyamerika kuko bituma biteranya n’u Bushinwa kandi nta cyizere cy’uko Abanyamerika bazakomeza ...
Umuvugizi wa Guverinoma ya Chad witwa Aziz Mahamat Saleh yavuze ko igihugu cye cyategetse ko Ambasaderi w’u Budage agomba gutaha iwabo bitarenze amasaha 48. Muri Ambasade y’u Budage nabo bemereye AFP ...
Amakuru avuga ku iyicwa rya Dr. Muhirwe Karoro Charles wari Umwarimu wa Kaminuza y’u Rwanda, ishami rya Nyagatare yemeza ko umwe mu bakekwaho buriya bwicanyi yatangaje ko yari yahawe amafaranga n̵...
Minisitiri w’imari n’igenamigambi Dr. Uzziel Ndagijimana yafunguye ku mugaragaro uruganda rwubatswe kandi ruzakorerwamo n’ibigo bitatu bizarutunganyirizamo amabuye y’agaciro y’ubwoko bune ari bwo Tin,...
Umwe mu bantu bayoboye inyeshyamba z’umutwe witwaga MLC zamaze igihe zirwana muri Repubulika ya Centrafrique witwa Jean Pierre Bemba yagizwe Minisitiri w’ingabo za DRC. Yashyizwe muri Guverinoma nsh...
Banki y’Isi yatangaje ko intambara y’u Burusiya na Ukraine irangiye mu mpera za Werurwe, 2023, byasaba Miliyari $ 411 ngo isanwe. Ukraine yatangijwemo intambara n’u Burusiya muri Gashyantare, 2023, ha...
Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’ubumwe bw’Abanyarwanda n’inshingano mboneragihugu, Clarisse Munezero avuga ko amateka y’Abanyarwanda yiganjemo ababaje kandi yagize ingaruka kuri bose. Ya...
Mu gihe ubuhinzi ngangurarugo byarumbije nk’uko Minisiteri y’imari n’igenamigambi iherutse kubitangaza, ku rundi ruhande, raporo y’ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe kwita ku bidukikije ivuga k...
Inzego z’ubutabera mu Rwanda zivuga ko akamaro k’ubuhuza mu manza Abanyarwanda baburana, harimo no kuzigama amafaranga yari buzakoreshwe mu manza kuva zitangiye kugeza zirangiye. Imibare itangazwa n’U...
Perezida Kagame avuga ko hari ibintu bitatu u Rwanda rukeneye kugira ngo rukomezze gutera imbere: Ibyo ni abantu, ikoranabuhanga no guhanga udushya. Hari mu kiganiro yahaye umuyobozi w’ikigo Zipline, ...
Ikigo gishinzwe kugenzura ibirunga giherereye i Goma cyasabye abaturage b’aho kuba biteguye ko igihe icyo ari cyo cyose bahunga kubera ko hari ibimenyetso by’uko ikirunga cya Nyamuragira ‘gishob...
Abanyamuryango ba FPR -Inkotanyi mu Murenge wa Busasamana uri mu Karere ka Nyanza baherutse guhura bizihiriza hamwe imyaka 35 Umuryango FPR –Inkotanyi umaze ushinzwe. Kimwe mu byo basabye ubuyobozi bu...
Yabanje kwitwa Stade Régional de Kigali, nyuma yitwa Kigali Stadium none ubu yiswe Péle Kigali Stadium. Bikozwe nyuma y’ubusabe bw’Ishyirahamwe Mpuzamahanga y’Umupira w’Amaguru (FIFA) bwatanzwe na Per...
I Kigali hateraniye Inama yahuje ba rwiyemezamirimo bakora mu bwikorezi bw’ibicuruzwa hagati y’u Rwanda na Tanzania hagamijwe kwigira hamwe uko ikonarabuhanga ryafasha mu kwishyurana. Umukozi w’imwe m...
Iperereza ryatangiye ku bapolisi babiri baherutse gufatwa bakurikiranyweho kwiba amadolari menshi angana na Miliyoni Sh 5 z’amafaranga ya Kenya. Bari basanzwe bakorera ahitwa Kilimani n’i Muthangari, ...
Nyuma y’uko umukino wahuje La Jeunesse na AS Muhanga urangiriye mu mvururu, Polisi yafunze abakinnyi babiri ba La Jeunesse kubera guhohotera uwasifuye uriya mukino witwa Toni Karemera. La Jeunesse yat...
Abanyarwanda b’abahanga mu ikoranabuhanga batangaje ko bakoze uburyo umunani bw’ikoranabuhanga(applications) buzafasha ba rwiyemezamirimo, ababyeyi bafite abana biga, n’abandi…gukurikirana ibikorwa by...
Niyo mpamvu bwohereje indege nyinshi z’intambara hafi ya Taiwan. Ibi bibaye nyuma y’amezi abiri hari izindi ndege zoherejwe muri kiriya gice mu rwego rwo kwamagana uruzinduko rwa Nancy Pelosi wari wah...
Ibyo imibare y’ibyavuye mu matora ya Perezida wa Nigeria biri kwerekana kugeza ubu( taliki 28, Gashyantare, 2023) birerekana ko Bola Tinubu ari we uri imbere. Asanzwe aba mu ishyaka riri k’ubutegetsi....
Inzego z’ubuzima, abayobozi b’ibigo nderabuzima n’abandi bafite aho bahuriye n’ubuzima banyomojwe n’ubuyobozi bw’Ikigo cy’igihugu gishinzwe imikurire no kurengera umwana (NCDA) ubwo bavugaga ko nta ...
Umugaba wungirije w’ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo ushinzwe ibikorwa bya gisirikare n’iperereza Général de Brigade Jérôme Chico Tshitambwe yabwiye itangazamakuru ko intambara igihugu cye ...
Kuva Misiri yabaho kugeza n’ikindi gihe mu mateka yayo, abantu bazamera nk’umwami Ramses II ni mbarwa. Yari umuhanga mu bwubatsi, akaba umugaba w’ingabo w’integeranywa, mbese icyo yakoraga cyose cyara...
Taliki 09, Gashyantare, 2023 i Nairobi ‘hongeye kubera’ inama yahuje Abagaba bakuru b’ingabo zigize umutwe w’Afurika y’i Burasirazuba woherejwe muri DRC ngo bigire hamwe uko zakomeza kohoherezwa. Mu m...
Minisitiri w’imari n’igenamigambi Dr. Uzziel Ndagijimana yabwiye Inteko ishinga amategeko y’u Rwanda ko bifuza ko ingengo y’imari yari yatowe n’Abadepite ingana na miliyari Frw 4,658.4 , yongerwa ikab...
I Caracas muri Venezuela hafatiwe umwanzuro wo guha abaturage intwaro, bagatozwa kurwana bitegura kuzahangana na Amerika igihe izaba ibashoyeho intambara. Mbese abaturage bari gutegurirwa intambara. B...
Tadej Pogačar niwe utwaye shampiyona y’amagare uruhande rw’abagabo, akaba ayitwaye bwa kabiri. Umwaka ushize yari yatwaye n’iryabereye i Zurich mu Busuwisi. Perezida Kagame niwe uri ...
Ayo masezerano yashyizweho umukono ku wa Gatandatu tariki ya 27 Nzeri, ubwo abahagarariye ibihugu byombi bahuriraga i New York ahateraniye Inama y’Inteko Rusange y’Umuryango w’Abibumbye iteranye ku ns...
Gahunda ya Ejo Heza yashyizweho n’Ikigo cy’igihugu cy’ubwiteganyirize, RSSB, na Minisiteri y’imari n’igenamigambi hagamijwe ko Abanyarwanda basaza bariteganyirije. Abafite ibirombe rero bibukijw...
Mu Ntara ya Guizhou mu Bushinwa hatashywe ikiraro kiri ku butumburuke bwa metero 625 hejuru y’uruzi rwa Beipan ruca mu misozi miremire iri muri aka gace. Ni cyo kiraro kiri hejuru mu butumburuke kurus...
Nyuma yo gutsindwa n’ikipe ya bagenzi babo bo muri Nigeria ibitego bine ku busa(4-0), Ikipe y’u Rwanda y’abangavu batarengeje imyaka 20 yahawe $10,000 bikozwe na Guverineri w’Intara umukino wabereyemo...
Benyamini Netanyahu mu Cyumweru gitaha arahura n’amahurizo menshi ari mo no guhitamo kwemera ibyo azasabwa na Amerika ngo intambara arwana na Hamas muri Gaza irangire. Kuri uyu wa Mbere Tariki 29, Nze...
Nyuma yo guhabwa umudali umushimira uruhare yagize mu gutegura no gutuma isiganwa ry’amagare ku rwego rw’isi ribera mu Rwanda, Perezida Paul Kagame yabwiye abariteguye ko bahawe ikaze mu gihugu igihe ...
Ambasaderi w’u Rwanda muri Tanzania, (Rtd) Gen Patrick Nyamvumba yasabye abakinnyi ba Rayon kuzatsinda Singida Black Stars yo muri Tanzania. Icyakora bizayigora kuko yatsindiwe iwayo mu Rwanda, bituma...
Umuturage wo mu Murenge wa Kanyinya mu Karere ka Nyarugenge witwa Nkundwanabake Cedrick amaze gukorana n’urubyiruko rw’aho atuye bakura mu ruzi rwa Nyabarongo imyanda ya pulasitiki ipima toni 20. Yabw...




































